Urubyiruko rw’abakorarerabushake mu Karere ka Musanze, rukomeje gahunda yo gusukura inzibitso za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zubatse muri ako karere, runatanga ubutumwa bunyuranye bwo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside. Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Haruna Niyonzima, yatangaje ko igihe Amavubi yabona itike ya CAN ashobora gusezera kuko yumva ntacyo ataba yarayahaye. Abakandida batatu barimo Ivan Minnaert ni bo bamaze kumenyekana bari guhatanira umwanya w’Umuyobozi wa Tekinike usimbura Habimana Hussein utarongerewe amasezerano, Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” bari i Douala muri Cameroun bamaze kugera i Kigali nyuma yo kunganya na Cameroun bakabura itike ya CAN, Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Mashami Vincent, yatangaje ko yababajwe n’imisifurire ndetse n’ibyo bakorewe na Cameroun yari yatangaje ko abakinnyi batatu banduye COVID-19, Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yabuze itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika, nyuma yo kunganya na Cameroun naho Cap-Vert igatsinda Mozambique, Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Mashami Vincent aratangaza ko uyu munsi ari umunsi Amavubi agomba gukora amateka amaze imyaka 17 adakorwa, yo kwitabira igikombe cya Afurika. La 5ème journée des éliminatoires de la CAN 2021 bat son plein dans les quatre coins de l'Afrique. Ntagengwa Olivier na Akumuntu Kavalo mu bakinnyi bashya barimo kwitegurana na REG VC. Ikipe ya Mukura Victory Sports yemeje ko umunya-Argentine ari we mutoza w’iyi kipe mu gihe cy’imyaka ibiri, Abakinnyi 23 b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” bahagrutse i Kigali kuri uyu wa Gatanu berekeza i Douala muri Cameroun aho bagiye gukina umukino wa nyuma mu itsinda F, Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru mu Rwanda, Mashami Vincent, yatangaje abakinnyi 23 ahagurukana na bo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Werurwe 2021 berekeza muri Cameroun gukina umukino w’umunsi wa Gatandatu wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Cameroun muri (...). Uwapfuye ni umugabo w’imyaka 70 (...). As Your Specialist in Acute Care, our focus is to deliver state-of-the-art technology and services that help you improve care across your hospital. Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” bari i Douala muri Cameroun bamaze kugera i Kigali nyuma yo kunganya na Cameroun bakabura itike ya CAN. BK Group Plc ikubiyemo ibigo bya Banki ya Kigali, BK Insurance, BKTechouse na BK Capital yamenyesheje abakiriya bayo ko yungutse miliyari 38.4 Frw mu mwaka wa 2020. Romorantin - Chateaubriant Live. “I am seeing someone […] Ubushinjacyaha burashinja Paul Rusesabagina ibyaha icyenda birimo kuba mu mutwe w’Iterabwoba no gutera inkunga iterabwoba. Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kigali (UoK), burasaba abanyeshuri bayigamo kujya bagaragaza ibibazo byabo bakabigeza ku babishinzwe muri Kaminuza, mu rwego rwo kwirinda ko hari uwacikanwa n’amasomo bitewe n’ubukene yakururiwe n’ingaruka za COVID-19. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Werurwe 2021 mu masaha ya saa moya, ikamyo yari ipakiye isima (amakontineri abiri akururana) iva mu Karere ka Musanze igana i Kigali, yabirindutse igarama mu muhanda irawufunga. www.sanslimitesn.com S'informer Pour Informer Umunyezamu wa mbere w’ikipe y’igihugu Amavubi Kwizera Olivier ntakina umukino uhuza Amavubi na Mozambique kubera ikarita itukura yahawe muri CHAN, Ishyirahamwe ry’umukino wa Handball mu Rwanda, ryamaze gutangaza amatariki bazasubukuriraho imyitozo ndetse na Shampiyona ya Handball mu cyiciro cya mbere. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Werurwe 2021 ku cyicaro cy’Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) habereye umuhango wa Tombola ya 1/4 cy’irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’i Burayi. Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Habarurema Valens, avuga ko mu rwego rwo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 hamaze gushyirwaho abantu 2,500 bafasha abaturage kubahiriza amabwiriza. Gahunda ya Leta yo guhanga imirimo irenga ibihumbi 200 buri mwaka irakomeje nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), ariko ngo hakenewe abafatanyabikorwa batuma iyo mirimo ikomeza kubaho. Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera, avuga ko gutumira abantu mu rugo iwawe hagakorerwa ibirori cyangwa ibindi, bisa no gutumira COVID-19 mu rugo rwawe. Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Mashami Vincent, yatangaje ko yababajwe n’imisifurire ndetse n’ibyo bakorewe na Cameroun yari yatangaje ko abakinnyi batatu banduye COVID-19, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 30 Werurwe 2021, mu Rwanda umuntu umwe yitabye Imana yishwe na COVID-19 yuzuza umubare w’abantu 306 bamaze kwicwa n’icyo cyorezo mu Rwanda. Une défaite retentissante puisque le cador congolais n’avait plus perdu à domicile en LdC depuis octobre 2009, soit 53 matchs d’invincibilité ! Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 29 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu bane bitabye Imana bishwe na COVID-19. Kuri uyu wa Kabiri i Douala muri Cameroun harabera umukino uhuza ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu gushaka itike ya CAN 2021 izabera muri Cameroun umwaka utaha Football | 8 hours ago Tugomba gutanga ibyacu byose mbere y’uko dutekereza ku bandi-Mashami avuga kuri Cameroun Portugal U-21 vs Angleterre U-21. Ubuyobozi bwa Basketball Africa League bwemeje ko icyiciro cya nyuma kizakinwa tariki ya 16 Gicurasi 2021 i Kigali mu Rwanda muri Kigali Arena kikazitabirwa n’amakipe 12. 29 mars 2021; Voir l’article. Après deux matchs nuls 0-0, le TP Mazembe est tombé de haut en s’inclinant face à Mamelodi Sundowns (1-2) ce samedi à domicile pour le compte de la 3 e journée de la phase de groupes de la Ligue des champions. Polisi y’u Rwanda imaze kwereka itangazamakuru abantu 39 bafashwe bakoreshereje ibirori mu rugo, kandi barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. 1/16 de finale. Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti, FDA-Rwanda, gifatanyije n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Polisi y’u Rwanda n’Urugaga rw’Abikorera(PSF), bakomeje ubufatanye mu kuvana ku isoko ry’u Rwanda ibiribwa n’ibinyobwa bivugwaho kutuzuza ubuziranenge. Umutobe wa Karoti uzwiho kuba utuma uruhu rumererwa neza, rugatoha, rukanasa neza, ni umuti w’umwimerere uvura zimwe mu ndwara z’uruhu cyane cyane urwo mu maso. Malawi vs Ouganda. Mercato; Ligue 1; Ligue 2; Ligue des Champions; Ligue Europa; France; Angleterre; Espagne Uwapfuye ni umugore w’imyaka 74 (...), Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yabuze itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika, nyuma yo kunganya na Cameroun naho Cap-Vert igatsinda Mozambique. Kubera ikitwa ‘bêta-carotène’ kiboneka muri karoti, bituma kunywa umutobe wazo birinda uruhu kwangizwa n’imirasire (...). Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson yiyongereye ku bandi bayobozi basaga 20 bo hirya no hino ku Isi, basaba ko hashyirwaho uburyo bufasha Isi kwitegura ibindi byorezo bishobora kwaduka mu gihe kizaza. La Côte d'Ivoire surclasse le Niger (0-3) et décroche son Abana bo mu Karere ka Burera, barishimira uburyo batekerejweho bagishwa inama mu iyemezwa ry’ingengo y’imari ibagenerwa, nk’uburyo nyabwo bwo kumva ijwi ry’umwana harwanywa n’ihoterwa bakorerwa. Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Mozambique yahamagaye abandi bakinnyi barimo kapiteni wabo Dominguez nyuma y’abagaragaweho COVID-19 ndetse no kubura barindwi bakina i Burayi. Habonetse abanduye bashya 71, abayikize ni 75 mu gihe abakirwaye bose hamwe ari 1,325. Habonetse abanduye bashya 138, abayikize ni 181 mu gihe abakirwaye bose hamwe ari 1,294. Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 31 Werurwe 2021, mu Rwanda umuntu umwe yitabye Imana yishwe na COVID-19 yuzuza umubare w’abantu 307 bamaze kwicwa n’icyo cyorezo mu Rwanda. Habonetse abanduye bashya 155, abayikize ni 141 mu gihe abakirwaye bose hamwe ari 1,338. Saisissez votre recherche et validez pour afficher les résultats . Sarah Obama wari umugore wa gatatu wa Sekuru wa Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America (USA), ariko akaba yamufataga nka nyirakuru, yitabye Imana ku myaka 99. U Rwanda rwungutse sitasiyo ya kabiri izajya ifasha imodoka zitwarwa n’amashanyarazi kongeramo umuriro. Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi itsinze Mozambique igitego 1-0 cyatsinzwe na Byiringiro Lague winjiye mu kibuga asimbuye. Regardez la diffusion en direct en ligne Romorantin - Chateaubriant (07.03.21). Umuhanzi Prosper Turatsinze bakunze kwita Mico The Best, yatangaje ko azakomeza gusohora indirimbo imwe imwe kugeza ubwo icyorezo cya Covid-19 kizarangira, akabona gutegura igitaramo cyo kumurika ‘Album’ ikubiyeho indirimbo ze nyinshi. 10,766 were here. Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (RSE) ryatangaje ko uruganda rukora Sima yo kubakisha mu Rwanda, Cimerwa PLC, rwungutse Amafaranga y’u Rwanda angana na Miliyari imwe na Miliyoni 950 ariko habaho igabanuka ry’inyungu ku mugabane wagabanutse ku ijanisha rya 43% bitewe n’uko sosiyete yahuye n’ibihe bitoroshye mu mpera za (...), Abakandida batatu barimo Ivan Minnaert ni bo bamaze kumenyekana bari guhatanira umwanya w’Umuyobozi wa Tekinike usimbura Habimana Hussein utarongerewe amasezerano. Burkina Faso vs Soudan du Sud. Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitri w’Intebe riravuga ko ingendo hagati y’Intara ndetse no hagati y’uturere twose n’Umujyi wa Kigali zizakomeza, ikindi ngo ingendo zo kujya no kuva mu turere twa Gisagara, Nyanza na Bugera zizasubukura guhera ejo tariki 30 Werurwe (...), Inkuru yacicikanye mu binyamakuru bitandukanye ivuga ko Polisi ya Tanzania yafashe abo bantu bantu kuko bifatwa nk’aho basuzuguye urupfu rw’uwahoze ari Perezida w’icyo gihugu, John Pombe Magufuli, bakajya mu bisa n’imyidagaduro kandi igihugu cyose kiri mu (...), Ikipe ya REG Volleyball Club ndetse n’Ikipe ya APR Volleyball Club zigomba guhagararira u Rwanda mu mikino nyafurika y’amakipe yatwaye ibikombe iwayo (CAVB Champions league) izabera i Sousse muri Tunisia kuva tariki 16-28 Mata 2021, zigiye guhurira mu mukino wa gishuti mbere y’uko zerekeza muri icyo (...). Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Mashami Vincent aratangaza ko uyu munsi ari umunsi Amavubi agomba gukora amateka amaze imyaka 17 adakorwa, yo kwitabira igikombe cya Afurika. Itsinda ry’ibihugu bigera kuri 14 harimo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) n’Ubuyapani byatangaje ko byifuza kumenya inkomoko nyayo ya Covid-19. Umutoza Cassa Mbungo yahembwe nk’umutoza w’ukwezi muri Kenya (AMAFOTO), Cameroun yahinduye urutonde rw’abazakina n’Amavubi nyuma yo kubura ab’ingenzi bari bitezwe, Shampiyona y’icyiciro cya mbere n’imyitozo byemerewe gusubukurwa (Amabwiriza mashya), Abakinnyi 15 ni bo bahamagawe mu mwiherero wa Tour du Rwanda 2021, #COVID-19: Habonetse abanduye bashya 138, abakize ni 181, Rusesabagina yemeye ko yateye inkunga umutwe w’iterabwoba - Ubushinjacyaha, FDA n’inzego bafatanyije bongeye kuvana ku isoko ibicuruzwa bitandukanye, Polisi ifashe abantu 41 bacucitse mu nzu basenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid19. Uruganda rwa NIKE rukora imyambaro n’inkweto bya siporo rwareze ikigo cy’ubucuruzi cya Brooklyn art collective MSCHF, kiganye inkweto za NIKE kikazita “Inkweto za Satani”, zirimo n’ibitonyanga by’amaraso y’abantu ku gikandagizo. Equipe de France. Borussia Dortmund - Sevilla - mars 9, 2021 - Streaming en direct et Programmes Télé, Résultats en direct, Infos et Vidéos :: Live Soccer TV Si abaturage gusa, n’abayobozi baradohotse ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 - Meya Gashema, Barifuza ko habaho amasezerano mpuzamahanga azajya agenderwaho mu gihe hadutse icyorezo, Mashami yikomye Cameroun ku bisubizo bya COVID-19 byabuzaga abakinnyi batatu gukina, #COVID-19: Habonetse abanduye bashya 155, abakize ni 141, Amavubi yongeye kubura itike ya CAN nyuma yo kunganya na Cameroun (AMAFOTO), Abize ‘Football’ bifuza ko bakwemererwa kwiga kaminuza, Impamvu utubari tudafungura kandi ibindi bikorwa byarafunguwe, Hari abacyumva ko hari imirimo y’abagore n’iy’abagabo, Gutumira abantu benshi iwawe ni ugutumira Covid-19 - CP Kabera, NIKE yareze abiganye inkweto zayo bakazita “Inkweto za Satani”, Leta irahumuriza abategereje urukingo rwa kabiri rwa AstraZeneca, Minisitiri Gatabazi yibukije abagore bahawe telefone kuzikoresha mu kongera umusaruro w’ubuhinzi, Kutamenya ururimi rw’amarenga byatumye ananirwa kwigisha abashaka gusezerana, Abaturarwanda barasabwa kutadohoka ku ngamba zo kwirinda Covid-19 kuko igihari, Ni iminota 90 yo kwitangira igihugu tukagiha ibyo dufite byose - Umutoza Mashami Vincent, Kigali: Polisi yafashe abantu 39 bari mu birori mu rugo, Gakenke: Ikamyo yikoreye sima yagaramye mu muhanda irawufunga, RBC yasobanuye impamvu Amajyepfo yashyiriweho ingamba zihariye zo kurwanya Covid-19, Nta munyeshuri wangiwe kwiga bitewe n’ingaruka COVID-19 yamugizeho – Ubuyobozi bwa UoK, Imyumvire ya bamwe iracyatsikamira umukobwa ushaka kwiga ikoranabuhanga, Umuhora wa ‘Canal de Suez’ wongeye gukora nyuma y’icyumweru ufunze, Mu Rwanda COVID-19 yishe abantu bane, abanduye bashya ni 71, Musanze: Abarwariye mu bitaro bya Ruhengeri bagobotswe na One love family, Amatariki y’imikino ya Basketball Africa League izabera mu Rwanda yatangajwe, Hambere hari abatararyaga inyama mu kiriyo cy’uwapfuye kuko ngo byari nko kurya intumbi, Ingendo mu turere twa Gisagara, Nyanza na Bugesera zirasubukurwa guhera ku ya 30 Werurwe, Tanzania: Polisi yafashe abariye inyama z’ihene banywa n’inzoga igihugu cyunamiye Magufuli, REG VC na APR VC ziracakirana mbere y’uko zerekeza muri Tunisia, Nyirabukara washatse afite imyaka 15 ubu akaba afite 90 arahanura ababyiruka, Cameroun vs Amavubi: Ibyo wamenya mbere y’uyu mukino, Nyirakuru wa Barack Obama yitabye Imana ku myaka 99, Ntucikwe n’Ikiganiro ‘ED-Tech’ kigaragaza intambwe abagore bakiri bato bamaze kugeraho mu buyobozi, COTRAF-Rwanda yavuze ko izafasha abakozi kuguma mu kazi. dräger medical uk dräger hospital Diffusion en direct, live stream Football îíëàéí. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryanyomoje amakuru yatangajwe na CAF avuga ko shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda izatangira tariki 15/04/2021. Ikipe ya REG Volleyball Club ndetse n’Ikipe ya APR Volleyball Club zigomba guhagararira u Rwanda mu mikino nyafurika y’amakipe yatwaye ibikombe iwayo (CAVB Champions league) izabera i Sousse muri Tunisia kuva tariki 16-28 Mata 2021, zigiye guhurira mu mukino wa gishuti mbere y’uko zerekeza muri icyo (...), Kuri uyu wa Kabiri i Douala muri Cameroun harabera umukino uhuza ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu gushaka itike ya CAN 2021 izabera muri Cameroun umwaka utaha, Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Mashami Vincent, aratangaza ko ikipe ayoboye yiteguye kwitwara neza idategereje ibizava mu mukino wundi wo mu itsinda. Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yemereye Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) gusubukura amarushanwa risanzwe ritegura. Umuhora wa ‘Canal de Suez’ uhuza inyanja itukura (mer rouge) n’inyanja ya Mediterane, ukoreshwa na 10% by’ubucuruzi mpuzamahanga bwifashisha inzira y’amazi, wongeye gukora ku wa Mbere tariki 29 Werurwe 2021, nyuma y’icyumweru ufunze. Equipe de France. Bamwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” batangaje ko bafite icyizere cyo kwitwara neza ku mukino uzabahuza na Mozambique, bikabaha icyizere cyo kwerekeza muri CAN. The ‘Question’ singer cut short male fans wishes to win her love recently when she disclosed that she is having someone but she can’t disclose his name. Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Daniel Ngamije, aratangaza ko Leta y’u Rwanda yaguze kandi yamaze kwishyura inkingo za COVID-19 zisaga ibihumbi 500 zo mu bwoko bwa AstraZeneca ku buryo abahawe urukingo rwa mbere bazanahabwa ku gihe urwa kabiri. CIMERWA ntiyabonye inyungu yari yiteze muri 2020, Ivan Minnaert watoje Rayon Sports mu bahatanira kuba Umuyobozi wa Tekinike muri Ferwafa, Ubuki bugira ibyiza byinshi ariko iyo butitondewe buteza ibibazo, Amavubi yageze i Kigali nyuma yo kubura itike ya CAN (AMAFOTO), Musanze: Urubyiruko rukomeje gusukura inzibutso mu kwitegura kwibuka ku nshuro ya 27, #COVID-19: Habonetse abanduye bashya 138, abakize ni 181, BK Group Plc yungutse miliyari 38.4Frw mu mwaka wa 2020, Bifuza kongererwa imashini zisya ubwatsi bw’amatungo, Polisi ifashe abantu 41 bacucitse mu nzu basenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid19, Burera: Abana bashyizwe mu igenwa ry’ingengo y’imari y’ibibagenerwa, Rusesabagina yemeye ko yateye inkunga umutwe w’iterabwoba - Ubushinjacyaha, Mico The Best yasubitse gahunda yo kumurika ‘Album’ y’indirimbo ze, U Rwanda rwungutse sitasiyo yongerera umuriro imodoka zitwarwa n’amashanyarazi, Ibihugu 14 birimo na USA birifuza kumenya neza inkomoko ya Covid-19, FDA n’inzego bafatanyije bongeye kuvana ku isoko ibicuruzwa bitandukanye, Ruhango: Hashyizweho abantu 2500 bafasha abaturage kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, avuga ko kuba utubari tudafungura biterwa n’uko uwanyoye inzoga bidashoboka ko yakubahiriza amabwiriza ajyanye no kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Wari uzi ko umutobe wa karoti ufite akamaro kurusha kuzirya zitetse? Juventus - Porto - mars 9, 2021 - Streaming en direct et Programmes Télé, Résultats en direct, Infos et Vidéos :: Live Soccer TV Mu Murenge wa Kimisagara, ahagana mu ma saa yine z’amanywa zo kuri uyu wa Gatatu, hafatiwe abaturage 41 bari bacucitse mu nzu y’umuntu basenga, banarenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid19. Abagore bize bakanakora ibijyanye n’ikoranabuhanga baravuga ko imyumvire mike, ishingiye ku miryango ikomeje gutsikamira iterambere ry’ikoranabuhanga ku bakobwa n’abagore, ibyo bikagaragazwa n’uko abakobwa bakiri bake mu kwiga amasomo ajyanye n’ikoranabuhanga. 29 mars 2021; Voir l’article. Iki cyaha yacyemereye urukiko rw’ibanze ubwo yaburanaga ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, aho yavuze ko ubwe yatanze ibihumbi makumyabiri (20,000) by’ama Euro kandi akaba buri kwezi yari afite ayo yatangaga (...). Ibyo bihugu byabitangaje bishingiye kuri raporo yakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye mu Bushinwa, bivuga ko itsinda ryashyizweho na WHO "ritashobonye kubona amakuru (...). Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko n’ubwo imibare y’ubwandu bwa Covid-19 yagabanutseho gatoya ugereranyije no mu kwezi kwa Mutarama 2021, hakigaragara abantu nibura 50 cyangwa barenga bandura icyo cyorezo. The death of our populations whose only fault is to live above an immensely rich basement that would make others happy. Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ubuzima(RBC), Dr Sabin Nsanzimana avuga ko barimo gukurikiranira hafi ikibazo cy’ubwiyongere bwa Covid-19 mu Ntara y’Amajyepfo, ariko anasaba abatwara imodoka kurushaho kwirinda no kurinda abagenzi. Ubuki bwifitemo intungamubiri nyinshi, bugira ubushobozi bwo kurwanya za ‘bacteries’ , bukagira ibyitwa ‘antioxydants’ bituma umubiri w’umuntu ukora neza, bikamurinda gusaza imburagihe. Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Nyaruguru, Gashema Janvier, avuga ko atari abaturage gusa badohotse ku kubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19 ahubwo n’abayobozi badohotse ari byo bituma imibre y’abarwayi yiyongera. Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo mu mupira w’amaguru mu Rwanda izasubukurwa ku itariki 15 Mata 2021 bikaba biteganyijwe ko izasozwa muri Kamena uyu mwaka. Aborozi b’inka bibumbiye mu matsinda bigiramo korora bavuga ko bishimira ubumenyi bamaze kunguka, ariko ko imashini zisya ubwatsi bw’amatungo bahawe ari nkeya bakifuza ko zakongerwa. Ubuyobozi bwa Basketball Africa League bwemeje ko icyiciro cya nyuma kizakinwa tariki ya 16 Gicurasi 2021 i Kigali mu Rwanda muri Kigali Arena kikazitabirwa n’amakipe 12. Abize gukina umupira w’amaguru mu ishuri ry’imyuga ryo ku Kabutare mu Karere ka Huye (TSS Kabutare), barinubira ko nta n’umwe muri bo wemerewe gukomereza amashuri muri kaminuza, nyamara baragize amanota meza. Umunyarwanda Cassa Mbungo André utoza ikipe ya Bandari FC yo muri Kenya, yahawe igihembo cy’umutoza w’ukwezi muri Shampiyona ya Kenya, Ikipe y’igihugu ya Cameroun yahamagaye abakinnyi bashya bagomba gusimbura abari bahamagawe ariko amakipe bakinamo akanga kubarekura, Minisiteri ya Siporo imaze gutangaza ko shampiyona z’icyiciro cya mbere mu mikino itandukanye zemerewe gusubukura ndetse zikanatangira imyitozo igihe zaba zamaze kuzuza ibisabwa, Guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 17/03/2021 abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare batangiye umwiherero wa mbere wo gutegura Tour du Rwanda izaba muri Gicurasi 2021, Ivan Minnaert watoje Rayon Sports mu bahatanira kuba Umuyobozi wa Tekinike muri Ferwafa, Amavubi yageze i Kigali nyuma yo kubura itike ya CAN (AMAFOTO), Mashami yikomye Cameroun ku bisubizo bya COVID-19 byabuzaga abakinnyi batatu gukina, Amavubi yongeye kubura itike ya CAN nyuma yo kunganya na Cameroun (AMAFOTO), Ni iminota 90 yo kwitangira igihugu tukagiha ibyo dufite byose - Umutoza Mashami Vincent, Amatariki y’imikino ya Basketball Africa League izabera mu Rwanda yatangajwe, REG VC na APR VC ziracakirana mbere y’uko zerekeza muri Tunisia, Cameroun vs Amavubi: Ibyo wamenya mbere y’uyu mukino, Tugomba gutanga ibyacu byose mbere y’uko dutekereza ku bandi-Mashami avuga kuri Cameroun, Umunya-Argentine Zapata yagizwe umutoza wa Mukura VS, Amavubi yasubiye i Douala mu rugendo rwo gukabya inzozi za CAN (AMAFOTO), Umutoza Mashami Vincent yatoranyije abakinnyi 23 ajyana muri Cameroun, Rayon Sports yasinye amasezerano na Skol afite agaciro karenga Miliyoni 600 Frws, Amatora ya Komite Nyobozi ya Volleyball yasubitswe, Haruna Niyonzima yatangaje ko azasezera Amavubi nabona itike ya CAN, Amavubi atsinze Mozambique, icyizere cya CAN kiragaruka (AMAFOTO), Kwizera Olivier yakuwe ku rutonde rw’abakina umukino wa Mozambique, Hatangajwe igihe imyitozo na Shampiyona ya Handball bizasubukurirwa, Meddie Kagere, Yannick na Rubanguka batanze icyizere mbere y’umukino wa Mozambique, Ferwafa yahakanye amakuru ya CAF ku isubukurwa rya shampiyona y’u Rwanda, Shampiyona y’icyiciro cya mbere irasubukurwa mu kwezi gutaha, Meddie Kagere na Yannick Mukunzi bageze mu mwiherero w’Amavubi (AMAFOTO), COVID-19, Kubura abakinnyi barindwi: Ibyo wamenya mbere y’umukino w’ Amavubi na Mozambique, UEFA Champions League: Tombola isize Bayern Munich izacakirana na Paris St-Germain muri 1/4. Queen Cha real aka Yvonna Mugemana has finally admitted having a boyfriend after a long time dodging questions related to relationship in the media. Ikipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye n’uruganda rwa Rayon Sports afite agaciro k’amafaranga arenga Miliyoni 200 Frws buri mwaka. Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yasubitse amatora ya Komite Nyobozi y’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda yari ateganyijwe ku wa Gatandatu tariki ya 27 Werurwe 2021. 15:14 - Live : Suivez le match Malawi – Ouganda en direct ! Ikiganiro Ed-Tech Monday Rwanda, gikorwa ku bufatanye na MasterCard Foundation kikibanda ku iterambere ry’uburezi bushingiye ku ikoranabuhanga, kuri uyu wa Mbere tariki 29 Werurwe 2021, kirabagezaho intambwe abagore bakiri bato bamaze kugeraho mu buyobozi, mukagikurikira kuri KT Radio kuva saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (6:00 (...). Cameroun vs Amavubi: Ibyo wamenya mbere y’uyu mukino Pasiteri Rutayisire yagaye umuyobozi wigeze kubatererana mu bibazo Nyirabukara washatse afite imyaka 15 ubu akaba afite 90 arahanura ababyiruka Abarwariye mu bitaro bikuru bya Ruhengeri badafite amikoro, nyuma yo kugenerwa ubufasha n’itsinda ryitwa One love family, batangaje ko bibongereye ihumure. Rutahizamu Meddie Kagere na Yannick Mukunzi baraye biyongereye ku bandi bakinnyi bari mu myitozo y’ikipe y’igihugu Amavubi iri gutegura umukino wa Mozambique n’uwa Cameroun. Kuri uyu wa Kabiri i Douala muri Cameroun harabera umukino uhuza ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu gushaka itike ya CAN 2021 izabera muri Cameroun umwaka utaha. Abagore 380 b’abajyanama mu buhinzi n’ubworozi bo mu Ntara y’Amajyarugu kuva ku wa kabiri tariki 30 Werurwe 2021, batangiye gushyikirizwa telefoni ngendanwa zigezweho za ‘Smart phones’, basabwa kuzazifashisha mu kongera umusaruro w’ubuhinzi aho kuzikoresha ibidafite (...), Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mushonyi mu Karere ka Rutsiro, Mwenedata Jean Pierre, avuga ko abantu bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bahura n’ibibazo byinshi birimo kudahabwa serivisi uko bayifuza kubera ikibazo cyo kutamenya ururimi rw’amarenga, akemeza ko na we yayaniwe gusezeranya abafite ubwo bumuga (...). Ikipe ya REG VC ikomeje kwitegura imikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika (CAVB Men’s Club Championship) izabera mu mujyi wa Sousse muri Tunisia kuva tariki ya 16 kugeza 28 Mata 2021. Abasheshe akanguhe bavuga ko babangamiwe n’umuco wadutse mu Rwanda wo kurya inyama mu gihe bari ku kiriyo cy’uwitabye Imana, ibintu bagereranya nko kurya intumbi. Umukecuru witwa Nyirabukara Feresita w’imyaka 90 wo mu kagari ka Ruhengeri mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, arasaba urubyiruko kubyaza umusaruro amahirwe anyuranye rufite, arusaba kwirinda kwiyandarika.
Burundi Foot Classement, Restaurant Chic Champs-élysées, Assurance Perte D'emploi Sans Carence, Carte But Cetelem Date Prélèvement, Tentazioni Rue Lepic Menu,